News

Umutoza Haringingo Francis Christian ’Mbaya’ yasezeye ku nshingano ze zo gutoza Bugesera FC. Itangazo rya Bugesera FC rivuga ko Haringingo n'umwungiriza we, Nduwimana Pablo, basezeye kuri uyu wa ...
Jorge Mario Bergoglio [waje kwitwa Papa Francis] yavukiye Buenos Aires muri Argentina ku wa 17 Ukuboza 1936. Yavukiye ku babyeyi b’Abataliyani bari abimukira. Se Mario wakomokaga i Turin yari ...
Police FC yatsinze Gasogi United mu mukino ufungura iy’umunsi wa 24 (Amafoto) Police FC yatsinze Gasogi United, ibitego 2-0 ...
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho ...
Bamwe mu borozi bo mu Karere ka Nyagatare, basabye inzego zitandukanye kubafasha gushakira umuti ikibazo cy’amwe mu makusanyirizo mato azwi nka MCPs (Milk Collection Points) atagikora, bikaba bikomeje ...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yagaragaje ko bitatunguranye kuba aka Karere kagaragajwe nk’agakennye kurusha utundi mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, ...
Ku wa Kane, tariki ya 17 Mata 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y'Abaminisitiri yagejejweho ...
Abivuriza ku Bitaro byo ku rwego rwa kabiri byigisha bya Kibogora (Kibogora Level Two Teaching Hospital) mu Karere ka Nyamasheke bavuze ko kuba begerejwe serivisi yo kubaga abarwayi hifashishijwe ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Sénégal, Yassine Fall, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida ...
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu Gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye ...