News

Jorge Mario Bergoglio [waje kwitwa Papa Francis] yavukiye Buenos Aires muri Argentina ku wa 17 Ukuboza 1936. Yavukiye ku babyeyi b’Abataliyani bari abimukira. Se Mario wakomokaga i Turin yari ...
Police FC yatsinze Gasogi United mu mukino ufungura iy’umunsi wa 24 (Amafoto) Police FC yatsinze Gasogi United, ibitego 2-0 ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Sénégal, Yassine Fall, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida ...
Ubukene mu Rwanda bugeze kuri 27, 4% buvuye kuri 39.8% bwariho mu 2017. Ni ukuvuga ko ubukene bwagabanutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, ...
Abivuriza ku Bitaro byo ku rwego rwa kabiri byigisha bya Kibogora (Kibogora Level Two Teaching Hospital) mu Karere ka Nyamasheke bavuze ko kuba begerejwe serivisi yo kubaga abarwayi hifashishijwe ...
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku bice byegereye imipaka u Rwanda ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Burundi, bagaragaza ko mu gihe cya Jenoside bitari ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Abasesengura politiki y’Akarere bagaragaza ko kuba Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ukomeje guhabwa intebe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ...
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, wifatanyije n’abaturage b’i Ngororero mu gikorwa cyo #Kwibuka31 yasabye ko irangizwa ry’imanza za Gacaca muri aka Karere ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho ...